The Evolution of Menstrual Pads

  As we observe Sexual and Reproductive Health Awareness throughout February, it is crucial to shine a light on menstrual hygiene, an integral aspect of women’s health.  The evolution of menstrual pads over the years has been a fascinating journey filled with challenges vis-à-vis stigma and stereotypes surrounding the...

Indwara ya Myoma

Indwara ya myoma cyangwa uterine fibroids ni ibibyimba bitari kanseri bifata nyababyeyi, bikura mu turemangingo dukoze inyama za nyababyeyi. Ibi bibyimba bikunze kuboneka mu bakobwa n’abagore bari mu myaka yo kubyara, ni ukuvuga hagati y’imyaka 12 na 50. Ibi bibyimba si kanseri kandi nta nubwo bitera kanseri ya nyababyeyi....

Ikoranabuhanga riri mu byafashije u Rwanda guhangana n’icyorezo cya Covid-19

Mu Rwanda hateraniye inama Nyafurika ibaye ku nshuro ya 10 ihuriwemo n’ibihugu 32 n’abayobozi ndetse n’abafatanyabikorwa mu nzego z’ubuzima mu bihugu byabo bari mu miryango itandukanye ishamikiye ku madini ya gikirisitu harimo n’abahagarariye u Rwanda. Ni inama nyunguranabitekerezo ivuga ku cyorezo cya Covid-19 n’ingamba zagiye zifatwa mu rwego rwo...

Nutrition during pregnancy

Nutrition during pregnancy is really important for both the mother and the embryo. A healthy diet is an important part of a healthy lifestyle during pregnancy because it will help your baby to develop and grow. No special diet is necessary. Rather, it’s important to consume a variety of...

Why is my period late?

Some women might often miss their period without being pregnant, or their periods might stop altogether. Regular menstruation cycles usually last around 28 days. However, it’s also common for cycles to last from 21 to 40 days. Periods may be early or later, may last from 3 to 7...

Ingaruka zo kugira isuku nke mu mihango

Mu bice bimwe na bimwe usanga umugore mu gihe cy’imihango atabasha kubona iby’ingenzi akeneye byamufasha kwita ku isuku neza; aha twavuga nk’amazi meza, udutambaro tw’isuku two kwibinda, isabune, ndetse n’ahantu h’ubwiherero habugenewe yakwifashisha. Ibi byose rero bikaba byatuma isuku ikenewe ititabwaho ndetse ubuzima n’iterambere ry’umugore muri rusange bikadindira. Isuku...

Indwara ya Gapfura cyangwa se Ikirimi

Indwara abantu bakunze kwita gapfura cyangwa se ikirimi, cyangwa se angine mu ndimi z’amahanga, ni indwara ikunze gufata abana iterwa n’udukoko dutandukanye dufata mu muhogo hakabyimba. Bimwe mu bimenyetso iyi ndwara igira mu bana harimo nko kumira akababara, kunanirwa kurya, kugira umuriro, gucika intege, ndetse no kugira umwuma. Iyi...

Umubyeyi ubana n’agakoko gatera SIDA nawe ashobora konsa umwana we

Abagore babana n’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA bashobora konsa abana babo nta kibazo igihe batangiye gufata imiti igabanya ubukana bw’agakoko gatera SIDA buri munsi bakimara kumenya ko batwite, cyangwa se bishobotse mu mezi 3 nyuma yo gusama, cyangwa se mu mezi 3 mbere yo kubyara. gusa babanza kubiganiraho na muganga...

Indwara ya Preclampsia

Preclampsia ni uburwayi buza ku mugore utwite bugaragazwa n’ibimenyetso birimo umuvuduko w’amaraso uri hejuru hamwe na poroteyini mu nkari. Iyo utitaweho hakiri kare ishobora kuvamo iyo bita Eclampsia aho noneho umugore utwite atangira kugagara bikaba byamuviramo urupfu we n’umwana atwite. Iyi ndwara ikunda kugaragara nyuma y’ibyumweru 34 umugore atwite...

Uko umugore ashobora gusuzuma amabere ye

Buri mugore yari akwiye kumenya gusuzuma amabere ye buri gihe kugirango amenye hakiri kare ibibazo yaba afite kuko 95% za kanseri y’ibere zishobora kuvurwa zigakira iyo zimenyekanye hakiri kare. Ibi birareba cyane cyane abagore kuva ku myaka 40 kujyana hejuru kuko muri iyo myaka ari bwo haba hari ibyago...
Shop
Sidebar
0 Wishlist
0 Cart
Translate »