Indwara ya Gapfura cyangwa se Ikirimi

Indwara abantu bakunze kwita gapfura cyangwa se ikirimi, cyangwa se angine mu ndimi z’amahanga, ni indwara ikunze gufata abana iterwa n’udukoko dutandukanye dufata mu muhogo hakabyimba. Bimwe mu bimenyetso iyi ndwara igira mu bana harimo nko kumira akababara, kunanirwa kurya, kugira umuriro, gucika intege, ndetse no kugira umwuma. Iyi...

Ibishobora gutera kugwingira ku mwana uri munsi y’imyaka itanu

Bavuga ko umwana yagwingiye igihe imikurire ye cyangwa se uburebure bwe butajyanye n’imyaka afite. Ibi babibona bagereranyije uburebure ndetse n’imyaka y’umwana. Hari byinshi bishobora gutuma umwana agwingira, harimo: imirire mibi y’umwana ndetse n’iy’ umubyeyi; ni ukuvuga igihe ya minsi igihumbi y’ubuzima bw’umwana ititaweho, kutonswa neza ndetse no kudahabwa imfashabere...

Ibyo umubyeyi wese wonsa asabwa gukurikiza byafasha umwana we

Mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’umwana, Ishami ry’ Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS) n’iryita ku bana (UNICEF) zisaba ko buri mubyeyi akurikiza ibi mu konsa umwana: konsa umwana we akivuka mu isaha ya mbere y’ubuzima bwe konsa umwana amezi atandatu ya mbere nta kindi amuvangiye guha umwana imfashabere...

Gahunda y’inkingo mu Rwanda

Gukingira ni uburyo bwifashishwa kugirango barinde umuntu indwara zimwe na zimwe aho bongera ubudahangarwa bw’umubiri we. Ibi bikorwa baha umuntu icyo twita urukingo; barutanga barumutera mu maraso cyangwa se akaba yarunywa nk’uko wanywa ikinini. Gukingira ni uburyo bwiza kandi bwizewe bukoreshwa mu kurinda umuntu indwara mbere y’uko imugeraho. Inkingo...

Ibiranga imikurire y’umwana kuva avutse kugeza agize imyaka itanu

Uko umwana agenda akura kuva avutse hari ibintu bimwe na bimwe agenda abasha gukora bitewe n’ikigero cy’imyaka agezemo; aha twavuga nko kumenya kuvuga, guseka, kugenda n’ibindi. Tugiye kurebera hamwe ibyo umwana abashobora gukora bitewe n’ikigero cy’imyaka agezemo. Ku mezi abiri umwana aba ashobora guhagarika umutwe we neza nta kiwufashe,...

Umumaro wo konka ku mwana

Konsa umwana neza bimuha intangiriro nziza y’ubuzima; akaba ari yo mpamvu umubyeyi ashishikarizwa konsa umwana byibura amezi atandatu nta kindi amuvangiye kandi na nyuma yaho agakomeza kumwonsa byibura kugeza ku myaka ibiri. Tugiye kurebera hamwe umumaro wo konka ku mwana. Umwana wonse akimara kuvuka bimufasha gukunda umubyeyi ndetse no...

Corona virus ku mugore wonsa

Kugeza ubu nta bushakashaki buragaragaza ko coronavirus ishobora kwandurirwa mu mashereka, ariko kubera uburyo yandura bwagaragaye umugore wonsa uyirwaye cyangwa ufite ibimenyetso byayo hari ibyo agomba kubahiriza kugirango yirinde kwanduza umwana we. Igihe umubyeyi yonsa ariko arwaye cyangwa afite ibimenyenso bya coronavirus agomba gukaraba intoki n’amazi n’isabune mbere yo...
Shop
Sidebar
0 Wishlist
0 Cart
Translate »