23
Jun
Mu busanzwe bizwi ko ubwenge cyangwa imitekerereze y’umwana akenshi ayikomora ku babyeyi, ariko usibye ibyo akomora ku babyeyi, imirire na yo igira uruhare ku mikurire y’umwana harimo n’imitekerereze ndetse n’ubwenge. Ubwonko bw’umwana butangira gukorwa kuva umwana agisamwa, bugakomeza gukura. Ku myaka itanu ya mbere kuva avutse aba afite mirongo...
30
Apr
Gukingira ni uburyo bwifashishwa kugirango barinde umuntu indwara zimwe na zimwe aho bongera ubudahangarwa bw’umubiri we. Ibi bikorwa baha umuntu icyo twita urukingo; barutanga barumutera mu maraso cyangwa se akaba yarunywa nk’uko wanywa ikinini. Gukingira ni uburyo bwiza kandi bwizewe bukoreshwa mu kurinda umuntu indwara mbere y’uko imugeraho. Inkingo...
28
Apr
Uko umwana agenda akura kuva avutse hari ibintu bimwe na bimwe agenda abasha gukora bitewe n’ikigero cy’imyaka agezemo; aha twavuga nko kumenya kuvuga, guseka, kugenda n’ibindi. Tugiye kurebera hamwe ibyo umwana abashobora gukora bitewe n’ikigero cy’imyaka agezemo. Ku mezi abiri umwana aba ashobora guhagarika umutwe we neza nta kiwufashe,...