Indwara ya Myoma

Indwara ya myoma cyangwa uterine fibroids ni ibibyimba bitari kanseri bifata nyababyeyi, bikura mu turemangingo dukoze inyama za nyababyeyi. Ibi bibyimba bikunze kuboneka mu bakobwa n’abagore bari mu myaka yo kubyara, ni ukuvuga hagati y’imyaka 12 na 50. Ibi bibyimba si kanseri kandi nta nubwo bitera kanseri ya nyababyeyi....

Why is my period late?

Some women might often miss their period without being pregnant, or their periods might stop altogether. Regular menstruation cycles usually last around 28 days. However, it’s also common for cycles to last from 21 to 40 days. Periods may be early or later, may last from 3 to 7...

Ingaruka zo kugira isuku nke mu mihango

Mu bice bimwe na bimwe usanga umugore mu gihe cy’imihango atabasha kubona iby’ingenzi akeneye byamufasha kwita ku isuku neza; aha twavuga nk’amazi meza, udutambaro tw’isuku two kwibinda, isabune, ndetse n’ahantu h’ubwiherero habugenewe yakwifashisha. Ibi byose rero bikaba byatuma isuku ikenewe ititabwaho ndetse ubuzima n’iterambere ry’umugore muri rusange bikadindira. Isuku...

Uko umugore ashobora gusuzuma amabere ye

Buri mugore yari akwiye kumenya gusuzuma amabere ye buri gihe kugirango amenye hakiri kare ibibazo yaba afite kuko 95% za kanseri y’ibere zishobora kuvurwa zigakira iyo zimenyekanye hakiri kare. Ibi birareba cyane cyane abagore kuva ku myaka 40 kujyana hejuru kuko muri iyo myaka ari bwo haba hari ibyago...

Bimwe mu bimenyetso bigaragaza uburwayi mu myanya ndangagitsina ku bagore

Ku bagore, mu myanya ndangagitsina havamo amatembabuzi; ariko bitewe n’uko asa, impumuro ndetse n’ibiyagize bishobora kugaragaza uburwayi. Ubusanzwe amatembabuzi asohoka mu myanya ndangagitsina ku bagore aba ari nk’amazi, nta bara agira cyangwa se akaba yamera nk’umweru w’igi bitewe n’ibihe umugore arimo; aha twavuga nk’igihe cy’uburumbuke cyangwa atwite. Igihe ibara...

Ibikenewe ku mwangavu n’umugore kugira ngo bite kw’isuku bari mu mihango

Kimwe cya kabiri cy’abagore batuye isi bari mu myaka y’uburumbuke, nyamara benshi muri bo bagorwa no kubona ibikenewe by’ibanze kugirango bite kw’isuku mu gihe bari mu mihango. Bimwe mu by’ibanze baba bakeneye harimo ibi bikurikira: ubumenyi buhagije ku bijyanye n’isuku mu gihe cy’imihango, amazi meza n’isabune byo gukaraba, ibikoresho...

Impinduka zishobora Kuba ku mugore mu gihe ari mu mihango

Igihe umugore agiye kujya mu mihango hari impinduka zishobora kuba mu mubiri we bitewe n’uko hari imisemburo iba irimo ikorwa mu mubiri itari isanzwe. Zimwe muri izo mpinduka harimo: kubabara umugongo, kubabara umutwe, kubyimba amabere ndetse ukumwa asa n’akubabaza, kubabara mu ngingo, guhinduka kw’ijwi, guhinduka mu byiyumviro ukaba wagira...

Impinduka ku mubiri uva mu bwana ujya mu bwangavu ndetse n’ubugimbi

Ubwangavu n’ubugimbi ni ikigero abakobwa n’abahungu bageramo maze imibiri yabo igahinduka; harimo kwiyongera ibiro, uburebure n’ibindi. Umukobwa ugeze mu bwangavu ashobora gusama, naho umuhungu ugeze mu bugimbi ashobora gutera inda. Ibi bibaho bitewe n’uko umubiri ukora imisemburo mishya akaba ari yo itera impinduka mu mubiri, uwari umwana agahinduka umuntu...
Shop
Sidebar
0 Wishlist
0 Cart