13
Jul
Ikoranabuhanga riri mu byafashije u Rwanda guhangana n’icyorezo cya Covid-19
Mu Rwanda hateraniye inama Nyafurika ibaye ku nshuro ya 10 ihuriwemo n’ibihugu 32 n’abayobozi ndetse n’abafatanyabikorwa mu nzego z’ubuzima mu bihugu byabo bari mu miryango itandukanye ishamikiye ku madini ya gikirisitu harimo n’abahagarariye u Rwanda. Ni inama nyunguranabitekerezo ivuga ku cyorezo cya Covid-19 n’ingamba zagiye zifatwa mu rwego rwo...