28
May
Yego birashoboka, bitewe n’uko intanga ngabo ishobora kumara iminsi igera kuri itanu mu bice ndangagitsina by’umugore itarapfa, udusabo tw’intanga z’umugore turamutse dutanze igi mu minsi ya mbere akiva mu mihango kandi umugore akaba yarakoze imibonana mpuzabitsina mu minsi ya nyuma ari mu mihango haba hari amahirwe ko intanga ngabo...
19
May
Kimwe cya kabiri cy’abagore batuye isi bari mu myaka y’uburumbuke, nyamara benshi muri bo bagorwa no kubona ibikenewe by’ibanze kugirango bite kw’isuku mu gihe bari mu mihango. Bimwe mu by’ibanze baba bakeneye harimo ibi bikurikira: ubumenyi buhagije ku bijyanye n’isuku mu gihe cy’imihango, amazi meza n’isabune byo gukaraba, ibikoresho...
12
May
Igihe umugore agiye kujya mu mihango hari impinduka zishobora kuba mu mubiri we bitewe n’uko hari imisemburo iba irimo ikorwa mu mubiri itari isanzwe. Zimwe muri izo mpinduka harimo: kubabara umugongo, kubabara umutwe, kubyimba amabere ndetse ukumwa asa n’akubabaza, kubabara mu ngingo, guhinduka kw’ijwi, guhinduka mu byiyumviro ukaba wagira...