5-28-DID U KNOW

Wari uzi ko ushobora gusama uramutse ukoze imibonano mpuzabitsina idakingiye uri mu mihango

Yego birashoboka, bitewe n’uko intanga ngabo ishobora kumara iminsi igera kuri itanu mu bice ndangagitsina by’umugore itarapfa, udusabo tw’intanga z’umugore turamutse dutanze igi mu minsi ya mbere akiva mu mihango kandi umugore akaba yarakoze imibonana mpuzabitsina mu minsi ya nyuma ari mu mihango haba hari amahirwe ko intanga ngabo yahura ...

Ibiryo ushobora kurya n’ibyo wakwirinda mu gihe uri mu mihango

Iyo umwangavu cyangwa umugore ari mu mihango, rimwe na rimwe bahura n’ibimenyetso bibabangamira harimo nko kuribwa mu nda, umutwe, kugira iseseme, umunaniro, guhitwa n’ibindi. Tugiye kurebera hamwe ibyo kurya wakwifashisha n’ibyo wakwirinda byagufasha kwirinda bimwe muri ibyo bimenyetso. Ibiryo warya bikagufasha uri mu mihango harimo: imbuto, imboga z’icyatsi, ibishyimbo, inkoko, ...

Ese umubyeyi ashobora kwanduza umwana atwite coronavirus?

Kugeza ubu nta bushakashatsi buragagaza ko umugore utwite wanduye coronavirus ashobora kuyanduza umwana atwite; gusa nk’uko byagaragaye ko coronavirus izahaza abafite ubudahangarwa bw’umubiri buke, ni ngombwa ko umugore utwite yitabwaho ndetse akanayirinda kuko na we ari muri abo yazahaza, kugirango harengerwe n’ubuzima bw’umwana atwite. Nubwo kugeza ubu bitaragaragara niba umubyeyi ...
5-19-Ibikenewe mu gihe cy'imihango

Ibikenewe ku mwangavu n’umugore kugira ngo bite kw’isuku bari mu mihango

Kimwe cya kabiri cy’abagore batuye isi bari mu myaka y’uburumbuke, nyamara benshi muri bo bagorwa no kubona ibikenewe by’ibanze kugirango bite kw’isuku mu gihe bari mu mihango. Bimwe mu by’ibanze baba bakeneye harimo ibi bikurikira: ubumenyi buhagije ku bijyanye n’isuku mu gihe cy’imihango, amazi meza n’isabune byo gukaraba, ibikoresho by’isuku-- ...

Bimwe mu byagufasha igihe ujya mu mihango ukagira ububabare

Kugira imihango ibabaza ni kimwe mu bibangamira umugore cyangwa umukobwa igihe ayigiyemo; bamwe bagira ububabare mbere gato y’uko bajya mu mihango, abandi bakagira ububabare bari mu mihango nyir’izina. Hari abagira ububabare bworoheje ndetse n’abagira ububabare bukabije ku buryo bakenera kuba bafata imiti. Ubu bubabare buba mu nda hasi ndetse no ...
.

Shop
Sidebar
0 Wishlist
0 Cart