Ibishobora gutera kugwingira ku mwana uri munsi y'imyaka itanu

Ibishobora gutera kugwingira ku mwana uri munsi y’imyaka itanu

Bavuga ko umwana yagwingiye igihe imikurire ye cyangwa se uburebure bwe butajyanye n’imyaka afite. Ibi babibona bagereranyije uburebure ndetse n’imyaka y’umwana. Hari byinshi bishobora gutuma umwana agwingira, harimo: imirire mibi y’umwana ndetse n’iy’ umubyeyi; ni ukuvuga igihe ya minsi igihumbi y’ubuzima bw’umwana ititaweho, kutonswa neza ndetse no kudahabwa imfashabere ku ...
Ibyo umubyey wese wonsa asabwa gukurikiza byafasha umwana we

Ibyo umubyeyi wese wonsa asabwa gukurikiza byafasha umwana we

Mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’umwana, Ishami ry’ Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS) n’iryita ku bana (UNICEF) zisaba ko buri mubyeyi akurikiza ibi mu konsa umwana: konsa umwana we akivuka mu isaha ya mbere y’ubuzima bwe konsa umwana amezi atandatu ya mbere nta kindi amuvangiye guha umwana imfashabere ku ...
IBYO UMUGORE YAKWITAHO MUGIHE ATEGANYA GUTWITA

Ibyo umugore yakwitaho mu gihe ateganya gutwita

Akenshi abagore bakunda gutangira gutegura gutwita ari uko bamaze kumenya ko batwite cyangwa se abandi bagashishikarira mu gushaka amafaranga, imyenda y’umwana, n’ibindi. Nyamara hari bimwe mu byakagombye kwitabwaho ku bijyanye n’ubuzima bw’umugore witegura gutwita mbere y’uko atwita kugirango azabashe kubyara umwana ufite ubuzima bwiza ndetse bibe byanamufasha kwirinda zimwe mu ...
Reproductive Health

Bimwe mu bimenyetso bigaragaza uburwayi mu myanya ndangagitsina ku bagore

Ku bagore, mu myanya ndangagitsina havamo amatembabuzi; ariko bitewe n’uko asa, impumuro ndetse n’ibiyagize bishobora kugaragaza uburwayi. Ubusanzwe amatembabuzi asohoka mu myanya ndangagitsina ku bagore aba ari nk’amazi, nta bara agira cyangwa se akaba yamera nk’umweru w’igi bitewe n’ibihe umugore arimo; aha twavuga nk’igihe cy’uburumbuke cyangwa atwite. Igihe ibara ry’amatembabuzi ...

Imyambaro myiza ku mugore utwite

Umugore utwite agenda agira impinduka zinyuranye ku mubiri we akaba akwiye kwita ku cyatuma abasha kumva aguwe neza harimo no kwita ku myambaro yambara ijyanye n’igihe arimo. Umugore utwite biba byiza iyo yambaye imyenda ijyanye n’uko umubiri we uba ugenda uhinduka ndetse itanamubangamiye. Ni byiza kwirinda imyenda igufashe cyane igihe ...
.

Shop
Sidebar
0 Wishlist
0 Cart