Ibyo umubyey wese wonsa asabwa gukurikiza byafasha umwana we

Ibyo umubyeyi wese wonsa asabwa gukurikiza byafasha umwana we

Mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’umwana, Ishami ry’ Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS) n’iryita ku bana (UNICEF) zisaba ko buri mubyeyi akurikiza ibi mu konsa umwana:

  • konsa umwana we akivuka mu isaha ya mbere y’ubuzima bwe
  • konsa umwana amezi atandatu ya mbere nta kindi amuvangiye
  • guha umwana imfashabere ku mezi atandatu ndetse agakomeza kumwonsa kugeza byibura ku myaka ibiri, ndetse akaba yanayirenza.
Shop
Sidebar
0 Wishlist
0 Cart